Umuhanzi Cyusa Ibrahim umuziki we wubakiye ku ndirimbo za Gakondo.
Cyusa Ibrahim yabanje kuba umwe mu baririmbyi bafashaga Cécile Kayirebwa,Cyusa avuga ko Kayirebwa yishimiye iyi ndirimbo, ndetse ahita amusaba kumufasha mu kuririmba mu gitaramo yari agiye gukorera muri Kigali Serena Hotel.Uyu muhanzi yavuze ko ubwo bombi bahuriraga mu gitaramo cya East African Party cyinjije Abanyarwanda mu mwaka 2021, ari urwibutso rudasaza yasigaranye. Ati “Guhura na Mama Cecile ku rubyiniro rumwe, ni indi shusho irenze. Ni ugukura.Biramurenga akabura icyo arenzaho.”wa ku rubyiniro yaserukagaho mbere y’uko atangira urugendo rw’umuziki nk’umuhanzi wigenga.
This article uses material from the Wikipedia Ikinyarwanda article Cyusa Ibrahim, which is released under the Creative Commons Attribution-ShareAlike 3.0 license ("CC BY-SA 3.0"); additional terms may apply (view authors). Ibirimo birahari kuri CC BY-SA 4.0 keretse bivuzwe ukundi. Images, videos and audio are available under their respective licenses.
®Wikipedia is a registered trademark of the Wiki Foundation, Inc. Wiki Ikinyarwanda (DUHOCTRUNGQUOC.VN) is an independent company and has no affiliation with Wiki Foundation.