Amacumbi Y’abimukira

Ni inyubako biteganyijwe ko zizatwara miliyari 60 Frw aho hagiye kubakwa inzu 528 zikazuzura mu gihe cy’amezi atandatu, i Gahanga mu karere ka Kicukiro.

Amacumbi Y’abimukira
Amacumbi

Ibyo wamenya kumacumbi

Umushinga wo kubaka ariya mazu agomba kuzakira bariya bantu, ukaba ari umushinga munini uzajya kuri hegitari hafi 12.Ugiye gutangirira ku mazu 528 azajya kuri hegitari 5.7, icyiciro cya mbere kikaba kigomba gukorwa mu gihe kitarenze amezi atandatu.umushinga uzaba ukomatanyijemo ibikorwa remezo bitandukanye bikazagira uruhare mu iterambere ry’abazahatuzwa.Usibye amazu harimo n’ibindi bikorwa, harimo imihanda, amashanyarazi, hazaba hari amazi, amashuri y’abana, ibibuga byo gukina, za Gym (siporo ngororamubiri), ahantu ho guhahira, ku buryo ari ahantu umuntu azajya aba ari ikintu cyose yakenera akakibona hafi ye. Imashini zirahari, ubu akazi kagiye gutangira.Ibihugu byombi byasinyanye amasezerano yemerera Ubwongereza kohereza abimukira n’abashaka ubuhungiro binjiye muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije amategeko nubwo kuri ubu atarashyirwa mu bikorwa.Ni ukureba ubushobozi bafite bwo kwakira aba bantu, akaba ari umushinga munini uzajya kuri hegitare hafi 12 ariko bagiye gutangirira ku nzu 528 zizajya kuri hegitare zirenze zirindwi.Kugeza ubu ni umushinga ufite agaciro kagera kuri miliyari 60 Frw cyane ko uzaba ari umushinga munini uzatuma abazabamo babaho neza.Biteganyijwe ko izo nzu zizubakwa zizaba zifite uburyo bwo kubungabunga ibidukikije nk’intego u Rwanda rwihaye mu cyerekezo cyo kurengera ibidukikije.

Ibindi wamenya kubimukira

Aba bimukira mugihe bagombaga kugera mu Rwanda, bagombaga guhabwa ubushobozi bubafasha kuba bakwitunga, bajya mu mashuri ku buryo babona ubumenyi bubafasha kwitunga no gutanga umusanzu ku iterambere ry’igihugu.Ubwongereza bumaze igihe bufite umubare munini w’abimukira binjira mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umwaka ushize, abimukira ibihumbi 45 binjiye mu Ubwongereza bifashishije ubwato buto.Guverinoma y’Ubwongereza ivuga ko ikoresha asaga miliyari 2,4$ mu kubacumbikira.Bavuga ko batazashyirwa mu mudugudu wabo bihariye ahubwo bazatuzwa hamwe n’abandi Banyarwanda.Iyi gahunda Igihugu cy’Ubwongereza cyashyizemo amafaranga azabafasha kwakira abo bantu bakabaha aho gutura, kandi n’Abanyarwanda bakaboneraho bagaturana na bo. Ntabwo bazabashyira mu mudugudu wabo wihariye, bazajya baba bari kumwe n’Abanyarwanda nk’uko basanzwe babikora buri mwaka, amafaranga amwe azajya muri iyo gahunda.Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ivuga ko umushinga wose ari munini ku buryo uzajya kuri hegitari 12, ukazaba ugizwe n’amazu 1500 azubakwa mu buryo butangiza ibidukikije, ukazarangira utwaye amafaranga y’u Rwanda Miliyari 60.

Amashakiro

Tags:

🔥 Trending searches on Wiki Ikinyarwanda:

UrubutoKwirinde indwara zo mu kanwa n’iz’amenyoKaminuza ya Al-AzharNoruveje2022 Uburusiya bwateye IkereneSomaliyaDonald TrumpUmujyi wa KamparaHotel RwandaUmusigiti wa GlasgowThe New Times (Rwanda)Ikigo cy’ubushakashatsi bw’amashyamba muri FinilandeDiane mpyisiInganoUmusigiti wa Koca Mustafa PashaUmusigiti wa JinanIkawaAkarere ka KayonzaCollectif TubakundeShampiyona y’ icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu RwandaTibetiPigazzanoUrwandiko rwa II kub’ikorintoMadonna wa KyivShipure y’AmajyaruguruUrukwavuKorowatiyaUmukambaMikoronesiyaMinisiteri y'uburezi mu RwandaInda mu bangavuUmusigiti wa LhasaImirire y'ingurubeAmerika ya RuguruUmuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i BurayiUrubyiruko mu RwandaIkereneUmusigiti wa ZanjanUwimana ConsoleeInyamaswaPamela GirimbabaziAbishyize Hamwe Bashinzwe Kubungabunga IsiInyanyaUbuhindeUbworozi bw’inkokoNuveli ZelandeUmusigiti wa DolmabahçeUmusigiti wa Al-HusseinUmusigiti wa Sulutani AlaeddinFrank HabinezaInyange Girls School of SciencesAmashyamba muri gatsiboPolonyeAmashazaBerlinUmusigiti mukuru muri KairouanUrusendaGenghis KhanUbuyapaniIgishanga cya NkunamoGwadelupeUrwandiko rwa II rwandikiwe AbatesalonikaKanseri yo mu mabyaRwigamba BalindaRecep Tayyip ErdoğanPakisitani🡆 More